Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda:Ingo 1,500,000 Zifite Amashanyarazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda:Ingo 1,500,000 Zifite Amashanyarazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2024 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare iherutse gutangazwa na Minisitiri w’intebe ubwo yavugaga uko ubukungu bw’u Rwanda buhagaze mu myaka irindwi ishize, yemeza ko ingo zirenga 1,500,000 zifite amashanyarazi.

Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente

Iyo mibare ngo iratanga icyizere ko ingo zose z’Abanyarwanda zizaba zicaniwe mu gihe gito kiri imbere.

Mu mwaka wa 2017 ingo zingana na 34.4% nizo zari zifite amashanyarazi ariko mu mwaka wa 2023 zageze kuri 70%.

Uko imibare ibigaragaza

Imihanda yashyizweho amashanyarazi ireshya na kilometero 2,160 mu gihe hari hateganyijwe ko azashyirwa ku bilometero 2,400.

U Rwanda rusanganywe gahunda yo gucanira igihugu cyose cyane cyane ingo.

Niyo mpamvu ruri gushakisha uko rwakubaka ibikorwa remezo biruha amashanyarazi aturutse ku masoko atandukanye.

Ayo masoko arimo aturuka ku mazi, kuri nyiramuhengeri, ku ngufu za kirimbuzi(nuclear power), ku mirasire y’izuba n’ahandi.

Ifoto: Urugo rwo mu Murenge wa Munyiginya, Rwamagana.

TAGGED:AmashanyarazifeaturedIngoNgirenteUmushyikirano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Vital Kamerhe Yashinze Ishyaka Rye
Next Article U Rwanda Rurifatanya N’Isi Kwibuka Jenoside Yakorewe Abayahudi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?