Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Iraterana Yige Ku Ngabo Zayo Zoherejwe Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

SADC Iraterana Yige Ku Ngabo Zayo Zoherejwe Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2024 9:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Zambia kuri uyu wa Gatandatu harateranira inama mpuzamahanga y’ibihugu bya SADC iri busuzimirwemo ibibazo bireba abasirikare b’uyu muryango bagiye mu butumwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo no muri Mozambique.

Muri DRC ingabo za SADC zoherejweho ni iza Malawi, Tanzania na Afurika y’Epfo.

Perezida wa Zambia Hakainde Hichilema avuga ko mu rutonde rw’ibyo bari bwigeho ari ukureba uko ibikorwa bya gisirikare by’abasirikare ba SADC mu Ntara ya Cabo Delgado no mu Burasirazuba bwa DRC biri kugenda.

Hikainde yatangaje iby’iyi nama  taliki 20, Werurwe, 2024.

Hagati aho hari indi nama mbere y’aho yari yahuje abakuru b’ingabo z’ibihugu bitatu byohereje ingabo muri DRC yabereye i Mugunga, muri Goma.

Yitabiriwe n’umugaba w’ingabo za Tanzania witwa Jacob John Mkunda,  mugenzi we uyobora ingabo za Malawi witwa Kashisha na Maphwanya Sizani uyobora ingabo za Afurika y’Epfo ndetse n’umugaba w’ingabo z’Uburundi( igihugu kitaba muri SADC) witwa Prime Niyongabo.

Ingabo za SADC ziri muri Mozambique zitwa SAMIM n’aho iziri muri DRC zitwa SAMIDRC.

TAGGED:CongoDRCIngaboSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburusiya Bwagabweho Igitero
Next Article Ibere Rya Bigogwe Rizubaka Ingoro Ndangamurage Y’Amateka Y’Inka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?