Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: SADC Yongereye Igihe Ingabo Zayo Zizamara Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

SADC Yongereye Igihe Ingabo Zayo Zizamara Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 October 2021 11:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohowe n’abayobozi bakuru mu bihugu bigize Umuryango w’ubufatanye w’Ibihugu by’Afurika y’Amajyepfo, SADC, rivuga ko ingabo zabyo ziri muri Mozambique zongerewe igihe cyo kuhaguma zikarwanya ibyihebe byo muri Cabo Delgado.

Abayobozi bakuru muri SADC bari bateraniye i Pretoria muri Afurika y’Epfo.

Basuzimiye hamwe niba ingabo z’Afurika y’Epfo, iza Botswana n’izindi z’ibihugu bya SADC zaguma muri Cabo Delgado( Intara ya Mozambique) cyangwa zataha.

Itariki ntarengwa yo kugira ngo zitahe yari yarashyizwe tariki 15, Ukwakira, 2021.

Daily Maverick yanditse ko nyuma y’iriya nama yahuje bariya bayobozi bakuru, hasohowe itangazo ry’uko ingabo za SADC ziri muri Mozambique zihaguma zigafasha mu kwirukana bariya barwanyi.

Ingabo za SADC zongerewe igihe muri Cabo Delgado

Iri tangazo ariko ntirivuga igihe zongerewe uko kingana.

U Rwanda rwageze muri Cabo Delgado mbere y’ingabo za SADC.

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo zarwo Paul Kagame aherutse kubwira abasirikare be bari muri kariya gace ko akazi kakiri kose.

Yababwiye ko nyuma yo gufasha abaturage kugaruka mu byabo, akazi gakurikiyeho ari ako kubafasha kongera gusubira mu buzima busanzwe.

Itangazo rya SADC ryasohotse kuri uyu wa Kabiri tariki 05, Ukwakira, 2021 ryatangaje kandi ko hari abasirikare batatu ba SADC baguye ku rugamba, babiri muri bo ni abo muri Botswana undi akaba uwo muri Tanzania.

TAGGED:AfurikaBotswanaCabo DelgadofeaturedSADC
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda 4 Baba Muri Amerika Batawe Muri Yombi
Next Article Google Yatangije Umushinga wa Miliyari $1 Uzahindura Ibijyanye Na Internet Muri Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?