Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sankara Na Bagenzi Be Bari Kugororerwa I Mutobo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sankara Na Bagenzi Be Bari Kugororerwa I Mutobo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 March 2023 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nsabimana Callixte( niwe Sankara) n’abandi bantu 19 barimo n’abagore baraye bageze i Mutobo ngo bakurwemo ibitekerezo bya kinyeshyamba  bamaze imyaka myinshi bafite. Ni byo byatumye bajya mu mitwe y’inyeshyamba zavugaga ko zishaka gukuraho ubuyobozi bw’u Rwanda ariko barafatwa barafungwa.

Shebuja Paul Rusesabagina we ari kwitegura gusubira iwabo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Yaba Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara, yaba Paul Rusesabagina ndetse na bariya bantu bandi 18, bose Perezida Kagame aherutse kubababarira ngo batahe ariko bazibukire ibikorwa byabo bya kinyeshyamba.

Yababariye nyuma y’uko banditse bamusaba imbabazi, Rusesabagina we akongeraho ko afite uburwayi bwamuzonze.

Kuwa Gatanu taliki  24 Werurwe 2023 nibwo bahawe imbabazi ku mugaragaro.

Ubwo Sankara na bagenzi be bageraga i Mutobo, Umuyobozi wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe abavuye ku rugerero, Nyirahabineza Valérie, yatangaje ko basanywe no guhabwa amasomo, mbere yo gusubizwa mu buzima busanzwe .

Kuba barahoze mu nyeshyamba za MRCD-FLN kandi bakazimaramo igihe ngo byatumye hari byinshi babeshywa ku mateka y’Abanyarwanda n’imitegekere y’u Rwanda muri iki gihe.

Akenshi abagiye gutorezwa i Mutobo bahamara igihe kiri hagati y’amezi atatu n’amezi atandatu.

TAGGED:AbarwanyifeaturedMutoboRusesabaginaSankara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yishe Abana Biga Aho Yize
Next Article Twitter Iri Mu Marembera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?