Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sarkozy Yatabaje Polisi Ngo Ifate Abishe Amabwiriza Kuri COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Sarkozy Yatabaje Polisi Ngo Ifate Abishe Amabwiriza Kuri COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2021 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bwana Nicolas Sarkozy uherutse guhanishwa igifungo cy’imyaka itatu kubera uruhare yahamijwe mu gukoresha nabi ububasha bwe yaraye aherutse guhamagara Polisi ngo ize ice amande abantu bishe amabwiriza yo kwirinda COVID-19.

Mu ijoro ryakeye nibwo abantu bari baje mu rugo ruturanye no kwa Sarkozy baranywa barishima nyuma batangira kubyina.Kubera umunezero, urusaku rwabaye rwinshi rutangira kubangira abaturanyi barimo na Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’u Bufaransa guhera muri 2007 kugeza muri 2012.

Ubwo Polisi yazaga itabaye yahasanze Nicolas Sarkozy wari warakaye kubera urusaku rwari rwabaye rwinshi.

Sarkozy yabwiye Polisi ko uwe ubwe yari amaze igihe asaba abakorera muri ako gace kugabanya urusaku, ariko bavunira ibiti mu matwi.

Le Parisien yanditse ko Abapolisi bafashe abo bantu bajya kubaca amande.

Nicolas Sarkozy yashimye uburyo Polisi yamutabaye yihuse, kuko urusaku rwari rwamubujije kugoheka.

Abari aho bose uko ari 17 baciwe amande, basabwa guhita bataha buri wese akajya iwe. Uretse kuba basakurizaga Sarkozy n’abaturanyi, nta n’umwe muri bo  wari wambaye agapfukamunwa.

TAGGED:AmabwirizaBufaransaCOVID-19featuredNicolasPolisiSarkozy
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za USA Zigiye Kuvanwa Muri Afghanistan, Ingaruka Ni Izihe?
Next Article Mushikiwabo Mu Rugamba Rwo Kurwanya COVID Mu Bihugu Bivuga Igifaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?