Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sen Kalinda Yongeye Gutorerwa Kuyobora Sena Y’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Sen Kalinda Yongeye Gutorerwa Kuyobora Sena Y’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 September 2024 3:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abasenateri 26 bagize Manda ya kane ya Sena y’u Rwanda batoye François Xavier Kalinda ngo yongere abayobore.

Yamamajwe na Senateri Mureshyankwano Marie Rose wamutatse cyane avuga ko uretse no kuba ari umuhanga ahubwo azi no gukorana n’abandi.

Mureshyankwano yasabye Abasenateri bose ko batora Kalinda nta n’umwe uvuyemo.

Uko bigaragara bamwumviye kuko Dr. Kalinda yongeye gutorwa.

Amatora ya Biro ya Sena yabaye nyuma y’uko Abasenateri 20 bari barangije kurahirira inshingano nshya.

Umusenateri umwe niwe utatoye kuko Sen Kalinda yatowe ku majwi 25.

Manda ya Sena ya kane igizwe n’Abasenateri 26 barimo abagore 14 n’abagabo 12.

Muri bo abagera kuri 20 baherutse gutorwa mu gihe abandi batandatu bazarangiza manda yabo taliki 26, Nzeri, 2025.

Muri bo harimo na Me Evode Uwiringiyimana.

Senateri Uwiringiyimana Evode kandi yamamaje Soline Nyirahabimana ngo abe Visi Perezida wa Sena ushinzwe kugenzura imikorere ya Guverinoma.

Sen Cyitatire Sosthene yamamaje Sen Dr. Alvera Mukabaramba ngo abe Visi Perezida wa Sena ushinzwe imari n’abakozi kandi bombi batowe.

TAGGED:AmategekofeaturedKalindaSena
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Benin: Haburaga Gato Ngo Habe Coup D’Etat
Next Article Kagame Yasabye Abasenateri Kudategereza Ko Ibibazo By’Abaturage Bicishwa Ku Mbuga Nkoranyambaga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?