Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Senegal: Impanuka Yahitanye Abantu 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Senegal: Impanuka Yahitanye Abantu 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2023 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana.

Zimwe mu mpamvu zatanzwe na Polisi ya kiriya gihugu zishobora kuba zarayiteye ni umuvuduko mwinshi no kuba bisi nyinshi zo muri kiriya gihugu zishaje.

Impanuka yaguyemo bariya bantu bivugwa ko yatewe n’uko ipine ryavuyemo imwe ikarenga umukono wayo ikaboneza mu wundi ikahasanga indi bikagongana.

Imibare ivuga ko ‘abandi bantu 100’ ari bo bayikomerekeyemo ku ikubitiro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Byabaye ku Cyumweru bibera ahitwa Kaffrine.

Umubare w’abayiguyemo wongerewe n’uko abakomeretse cyane baje gutakaza ubuzima nyuma yo kugezwa kwa muganga.

Minisitiri w’Intebe wa Senegal witwa Amadou Ba  yatumije abafite aho bahuriye n’ibinyabiziga ndetse n’umutekano wo mu muhanda kugira ngo baganire icyakorwa ngo impanuka zigabanuke cyane.

Umwe mu myanzuro yafashwe ni uko nta bisi cyangwa amakamyo aremereye bizongera kwemererwa gukora guhera saa tanu z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo.

Senegal nicyo gihugu cya mbere mu bigize Afurika y’i Burengerazuba kibasirwa n’impanuka.

- Advertisement -

Abantu 700 nibo bake bicwa nazo ku mwaka nk’uko bitangazwa na AFP.

TAGGED:BisifeaturedImpanukaPolisiSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwana W’Imyaka 11 Acuranga Piano Ku Rwego ‘Rwo Hejuru’
Next Article Rwanda: Abadepite Bari Kwiga Uko Imisoreshereze Yahinduka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?