Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Senegal: Impanuka Yahitanye Abantu 40
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Senegal: Impanuka Yahitanye Abantu 40

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 January 2023 8:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana.

Zimwe mu mpamvu zatanzwe na Polisi ya kiriya gihugu zishobora kuba zarayiteye ni umuvuduko mwinshi no kuba bisi nyinshi zo muri kiriya gihugu zishaje.

Impanuka yaguyemo bariya bantu bivugwa ko yatewe n’uko ipine ryavuyemo imwe ikarenga umukono wayo ikaboneza mu wundi ikahasanga indi bikagongana.

Imibare ivuga ko ‘abandi bantu 100’ ari bo bayikomerekeyemo ku ikubitiro.

Byabaye ku Cyumweru bibera ahitwa Kaffrine.

Umubare w’abayiguyemo wongerewe n’uko abakomeretse cyane baje gutakaza ubuzima nyuma yo kugezwa kwa muganga.

Minisitiri w’Intebe wa Senegal witwa Amadou Ba  yatumije abafite aho bahuriye n’ibinyabiziga ndetse n’umutekano wo mu muhanda kugira ngo baganire icyakorwa ngo impanuka zigabanuke cyane.

Umwe mu myanzuro yafashwe ni uko nta bisi cyangwa amakamyo aremereye bizongera kwemererwa gukora guhera saa tanu z’ijoro kugeza saa kumi n’imwe za mu gitondo.

Senegal nicyo gihugu cya mbere mu bigize Afurika y’i Burengerazuba kibasirwa n’impanuka.

Abantu 700 nibo bake bicwa nazo ku mwaka nk’uko bitangazwa na AFP.

TAGGED:BisifeaturedImpanukaPolisiSenegal
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwana W’Imyaka 11 Acuranga Piano Ku Rwego ‘Rwo Hejuru’
Next Article Rwanda: Abadepite Bari Kwiga Uko Imisoreshereze Yahinduka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?