Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Somalia: Abantu 8 Bo Mu Muryango Umwe Bapfiriye Rimwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Somalia: Abantu 8 Bo Mu Muryango Umwe Bapfiriye Rimwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 July 2023 7:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu umunani bo mu gace ka Buloburde muri Somalia bapfiriye rimwe nyuma yo guturikanwa na bombe bivugwa ko yatezwe n’abarwanyi ba Al Shabaab.

Umuyobozi w’Umujyi byabereyemo witwa Sadam Abdi Idow yabwiye NTV ko umwe muri bariya bantu yari umugore.

Igisasu cyabaturikanye ku Cyumweru mu masaha y’ijoro, bamwe bahita bahagwa abandi bajyanwa kwa muganga baza kugwa yo.

Ni igitero cyabereye mu ntera y’ibilometero 220 uturutse mu Murwa mukuru wa Somalia, Mogadishu.

Sadam Abdi Idow avuga ko abarwanyi ba Al Shabaab bari bamaze iminsi bakubiswe inshuro, barahunga ariko basiga bateze iriya bombe.

Abanenga ko bananiwe kurwanya abasirikare ahubwo bagahitamo gusagarira abasivili.

TAGGED:AbantuigisasuSomaliaUmunani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Agakinjiro Ka Zindiro Kahiye
Next Article Urubyiruko Rw’Abanyarwanda Baba Hanze Yarwo Rwaganirijwe Na Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?