Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Somalia: Inzige zongeye kwibasira imirima y’abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Somalia: Inzige zongeye kwibasira imirima y’abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2020 12:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuryango Mpuzamahanga utabara imbabare( ICRC), Ishami ry’Afurika uratabariza abatuye ibice bimwe bya Somalia kuko byibasiwe n’inzige. Video washyize kuri Twitter irerekana inzige zibarirwa mu bihumbi ziguruka zikagwa mu mirima y’abaturage.

Hari hashize igihe runaka inzige zitavugwaho kwibasira imirima y’abatuye bimwe mu bihugu by’Afurika y’i Burasirazuba.

Mu mpera z’umwaka wa 2019, inzige zibasiye imirima y’abatuye Somalia na Kenya k’uburyo abantu benshi bari bafite ubwabo ko bazisarurira mu biganza kuko imyaka yariwe na turiya dusimba.

ICRC yanditse iti: “ Hari ibitero by’inzige nyinshi zibasiye abaturage ba Somalia k’uburyo buteye inkeke. Ni ikibazo giteye impungenge ku mibereho y’abaturage ba Somalia.”

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa, FAO, rivuga ko agace kibasiwe n’inzige muri Somali ari akitwa Somaliland.

Inzige zadutse muri Afurika zari ziturutse muri Yemen.

Ni udukoko twona cyane k’uburyo aho duciye nta kimera dusiga gihagaze.

Dushobora kona toni 170 000 ni ukuvuga ibiribwa bishobora kuribwa n’abaturage barenga miliyoni mu gihe kingana n’umwaka.

Zatangiye kuba ikibazo kuri Afurika  muri Nyakanga, 2019.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibitaro bya Nyamata bivugwamo kutagira amazi, Meya ati: ‘Amazi se abura ate mu bitaro?
Next Article Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda yahuye n’uw’ingabo za Qatar
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?