Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Stade Amahoro Ishobora Kuzaberamo Ibirori Byo Kwibohora 30
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Stade Amahoro Ishobora Kuzaberamo Ibirori Byo Kwibohora 30

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 June 2024 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Niba nta gihindutse biteganyijwe ko ibirori byo kwizihiza imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe bizabera muri Stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa. Iyi Stade iri gukorwa imirimo ya nyuma ndetse mu mpera za Kamena, 2024 ishobora kuzaba yamaze kumirikirwa Leta y’u Rwanda.

Iby’uko ishobora kuzakorwamo ibirori byo kwibohora ku nshiro ya 30 byakomojweho n’Umuvugizi wa Guverinoma wungirije Alain Mukuralinda mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 05, Kamena, 2024.

Mukuralinda avuga ko kuba u Rwanda ruri gutegura amatora y’Umukuru w’igihugu ajyanirana n’ay’Abadepite bitazabuza ko no kwitegura neza kwibohora ku nshuro ya 30 nabyo bikorwa.

Rwagati muri Nyakanga, 2024 mu Rwanda hazabera amatora akomatanyije mu nzego zavuzwe haruguru.

Mukuralinda yabwiye abanyamakuru ati: “Isabukuru yo Kwibohora turi kuyitegura ndetse nibinagenda neza izabera muri Stade nshya, ntabwo amatora azayibuza, nta nubwo kuyitegura bizabuza ko [amatora] aba kuko kwiyamamaza bizatangira ku itariki 22 Kamena kugeza 13 Nyakanga n’isabukuru yo kwibohora izaba nk’uko bisanzwe ariko by’umwihariko kuko ari iya 30”.

Stade Amahoro nshya ifite ubushobozi bwo kwakira abantu bicaye ibihumbi 45.

Ibice byayo bitaruzura neza ni iby’inyuma ahari gushyirwa ahazajya hashyirwa imodoka z’abaje kwitabira imikino cyangwa ibindi birori.

TAGGED:AmahorofeaturedKwibohoraStade
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Irategura Intambara Yeruye No Kuri Hezbollah
Next Article Rwigara, Barafinda…Ntibemerewe Kwiyamamaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?