Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2022 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Close up of Male lawyer or judge hand's striking the gavel on sounding block, working with Law books, report the case on table in modern office, Law and justice concept.
SHARE

Icyemezo cyo kohereza abimukira mu Rwanda gifashwe n’urukiko nyuma y’amezi atatu yari ashize urukiko rukuru rw’u Bwongereza rusuzuma niba ibyo imiryango y’uburenganzira bwa muntu yavugaga byari bifite ishingiro.

Izo ngingo zavugaga ko amasezerano hagati ya Kigali na London yo kohereza abimukira mu Rwanda adashingiye ku yindi mpamvu itari ubucuruzi.

Abavugaga ibi bavugaga ko u Rwanda ruri no mu bihugu bidakurikiza uburenganzira bwa muntu.

Ikinyamakuru iNews.co.uk  cyo mu Bwongereza kivuga ko umucamanza wasomye uyu mwanzuro yavuze ko ibikubiye muri ariya masezerano ntaho ubwabyo butandukiriye amategeko mpuzamahanga agenga impunzi n’abimukira.

Umucamanza yagize ati: “ Urukiko rwanzuye  ko ibikubiye mu masezerano y’impande zombi bidatandukiriye amategeko.”

iNews.co.uk ivuga ko Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo yababwiye ko u Rwanda rwishimiye kiriya cyemezo kandi ngo u Rwanda rwiteguye kuzabakira neza kuko n’ubundi rwabyiteguye mu gihe gihagije.

Uwahoze ari Umunyamabanga wo muri Guverinoma y’u Bwongereza wari ufite iyi dosiye witwa Priti Patel yakunze gusezeranya amahanga ko u Rwanda rufite ibisabwa byose ngo rwakire bariya bantu.

Perezida Paul Kagame nawe yigeze kubwira abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko abavuga ko u Rwanda rugura kandi rukagurisha abimukira, baba bibeshya.

Ngo icyo rukora ni ibikorwa bishyize mu gaciro kandi bigamije guhesha ikiremwamuntu agaciro cyane cyane ak’abantu baba bashobora kwibasirwa n’abagizi ba nabi barimo n’abacuruza abantu.

TAGGED:AbimukiraBwongerezafeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibiciro By’Ibiribwa Bimwe Na Bimwe Byagabanutse Ku Isiko Ry’u Rwanda
Next Article Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Ubukungu

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?