Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Sudani Y’Epfo: Abapolisi B’U Rwanda Barinda Inkambi Iherutsemo Ubwicanyi Baganirijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Sudani Y’Epfo: Abapolisi B’U Rwanda Barinda Inkambi Iherutsemo Ubwicanyi Baganirijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 June 2023 9:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’Umuryango w’Abibumbye mu butumwa bw’Amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ushinzwe ibikorwa, Commissioner of Police (CP) Felly Bahizi Rutagerura, yasuye abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU-1 n’amasibo abiri y’itsinda RWAFP-3 mu gace ka Malakal mu Ntara ya Upper-Nile.

Abasuye nyuma y’igihe gito mu nkambi ya Malakal yari isanzwe irindwa n’abapolisi b’u Rwanda bagize ikitwa RWAFU-1 yabereye amakimbirane yaguyemo abantu 19 abandi 64 barakomereka.

Byaturutse ku makimbirane yashyamiranyije imiryango yo muri iyi nkambi, hakaba hari taliki 08, Kamena, 2023.

Ubusanzwe iyi nkambi icungwa n’abapolisi b’u Rwanda bagize itsinda RWAFPU-1.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma hari andi masibo abiri y’abapolisi b’u Rwanda bakorera mu Murwa mukuru, Juba, baje kongerera imbaraga bagenzi babo ngo barinde iyo nkambi mu gihe cy’amezi atatu.

CP Ferry Rutagerura Bahizi yashimiye abo bapolisi ku bunyamwuga bwabaranze mu bikorwa byo guhosha amakimbirane no kugarura ituze mu nkambi.

Ati: “Mushimirwa kandi muhora mwitezweho kurangwa n’ubunyamwuga kugira ngo mubashe gusohoza neza inshingano zanyu nk’uko biteganywa n’amabwiriza y’Umuryango w’Abibumbye. Icyo mukora cyose kitirirwa umuryango w’Abibumbye, itsinda ryose ndetse n’igihugu cy’u Rwanda muhagariye”.

CP Ferry B. Rutagerura ashima ubunyamwuga bw’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro

Abapolisi b’u Rwanda bari muri kiriya gice bafite inshingano zo kurengera abaturage b’abasivili, kubungabunga umutekano n’ituze rusange, kurinda no guherekeza abayobozi n’ibikoresho byUmuryango w’Abibumbye.

RWAFPU-1 rigizwe n’abapolisi 240.

- Advertisement -
TAGGED:AbapolisiAbayoboziBahiziEpfoRutageruraRwandaSudaniUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amateka Y’Uburyo Ababiligi Bahemukiye Abanye Congo
Next Article Hari Kwigwa Uko Umuhora Wo Hagati Waba Isoko Yo Kwita Ku Bidukikije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?