Umutekano2 years ago
Abacuruza ‘Occasion’ bararye bari menge
Polisi y’u Rwanda yaraye iburiye abacuruza ibikoresho byakoze(occasion) basabwe kujya bashishoza kuko hari ubwo bagura bakanagurisha ibikoresho byakozwe kandi ari ibyibano. Hari mu kiganiro nyunguranabitekerezo n’abakora...