Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Suleiman Kangangi Wari Icyamamare Mu Mukino W’Amagare Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Suleiman Kangangi Wari Icyamamare Mu Mukino W’Amagare Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 August 2022 2:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi w’umukino w’amagare ukomeye muri Kenya yatabarutse ubwo yakoraga impanuka ikomeye ubwo yari ari mu isiganwa ryaberaga muri Amerika kuri uyu wa Gatandatu.  Ni inkuru yamenyekanye kuri iki Cyumweru ica Abanya Kenya umugongo.

Hari amakuru avuga ko hari undi bari kumwe nawe wakoze impanuka muri iryo siganwa Imana ikinga ukuboko ariko we acika akaboko.

It is with shock that I have received the sad news that @sulekangangi passed away after a tragic crash in the United States. My heartfelt condolences to his family, and the entire cycling community, that has lost a talented cyclist, a mentor and a friend. pic.twitter.com/hZTtetdINR

— Mama Rachel Ruto, EGH (@MamaRachelRuto) August 28, 2022

Uyu mugabo yagize uruhare rukomeye mu gutuma abakinaga umukino w’amagare muri Kenya bamenyekana mu mahanga binyuze mu marushanwa mpuazamahanga yitabiriye kandi ayitwaramo neza.

Yatwaye umwanya  wa munani  mu isiganwa ryabereye mu gihugu cya Ethiopia ryiswe Meles Zenawi Tour.

Mu irushanwa ryabereye muri Indonesia ryiswe Tour de Ijen, Suleiman Kangangi  yabonye umwanya wa cyenda.

Yitabiriye Tour du Rwanda umunani ariko mu mwaka wa 2017, icyo gihe yatwawe na Aleluya Joseph.

Yatwaye umwanya wa 8 Mu isiganwa ryabereye muri Cameroun mu isiganwa ryitwa Tour du Cameroun.

Yari umukinnyi mu b’Imena Kenya ifite

Hari n’andi marushanwa menshi yitwayemo neza aza ku myanya ya mbere.

Suleiman Kangangi  yavutse 9, Ukuboza 1988 avukira ahitwa Eldoret muri  Kenya.

Kuri Twitter abanya Kenya bavuze ko bacitse umugongo kubera kubura umuntu wabateraga ishema mu mahanga.

TAGGED:AmagarefeaturedTour du RwandaWangangi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yageze Muri Rugabano Kuganira N’Abahinga Icyayi
Next Article Hari Umuntu Wari Usigaye Ku Isi WENYINE Mubo Bahuje Ubwoko WAPFUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?