Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria: Islamic State Yishe Abantu 53
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Syria: Islamic State Yishe Abantu 53

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53.

Leta ya Syria yatangaje ‘nta kabuza’ kiriya gitero cyagabwe na Islamic State ishami ryo mu Mujyaruguru ya Iraq.

Umuganga wo mu bitaro by’ahitwa  Palmyre witwa Walid Audi  avuga ko mu bishwe harimo n’abasirikare barindwi.

Ku ikubitiro hari hatangajwe ko abantu 36 ari bo bahise bahasiga ubuzima.

Mu Cyumweru gishize  nabwo hari abandi bantu bishwe barashwe.

Abakurikiranira hafi ibibera muri Syria bavuga ko Islamic State yubuye umutwe kubera ko imaze iminsi igaba ibitero mu bice bitandukanya bya Syria.

Mu myaka yashize yari yarakubiswe inshuro, iratatana ariko ngo yarongeye irisuganya.

Kuva intambara yo muri Syria yatangira mu mwaka wa 2011, imaze kugwamo abantu bangana na miliyoni imwe n’igice, abandi barenga uwo mubare babaye impunzi.

TAGGED:AbantufeaturedIslamicSyriaUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Havumbuwe Urwengero Rwa Kanyanga
Next Article Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?