Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria: Islamic State Yishe Abantu 53
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Syria: Islamic State Yishe Abantu 53

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2023 11:34 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare y’agateganyo yabaguye mu gitero cyagabwe na Islamic State ivuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, bari bamaze kuba 53.

Leta ya Syria yatangaje ‘nta kabuza’ kiriya gitero cyagabwe na Islamic State ishami ryo mu Mujyaruguru ya Iraq.

Umuganga wo mu bitaro by’ahitwa  Palmyre witwa Walid Audi  avuga ko mu bishwe harimo n’abasirikare barindwi.

Ku ikubitiro hari hatangajwe ko abantu 36 ari bo bahise bahasiga ubuzima.

Mu Cyumweru gishize  nabwo hari abandi bantu bishwe barashwe.

Abakurikiranira hafi ibibera muri Syria bavuga ko Islamic State yubuye umutwe kubera ko imaze iminsi igaba ibitero mu bice bitandukanya bya Syria.

Mu myaka yashize yari yarakubiswe inshuro, iratatana ariko ngo yarongeye irisuganya.

Kuva intambara yo muri Syria yatangira mu mwaka wa 2011, imaze kugwamo abantu bangana na miliyoni imwe n’igice, abandi barenga uwo mubare babaye impunzi.

TAGGED:AbantufeaturedIslamicSyriaUbwicanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Havumbuwe Urwengero Rwa Kanyanga
Next Article Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Maduro N’Umugore We Bagejejwe Muri Gereza Ya Amerika

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?