Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Imibiri Y’Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Irashishwa Mu Rwanda Icyurwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 February 2025 1:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Iyi mirambo yari imaze igihe iri kwangirikira i Goma.
SHARE

U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda.

Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifate indege icyurwe iwabo.

Imodoka z’umuryango w’abibumbye nizo zagaragaye zitwaye iyo mirambo iri kuva muri DRC yinjira i Rubavu.

Amakuru avuga ko iri bucishwe  i Rubavu, ikomereze ku mupaka wa Cyanika mu Karere ka Burera, ikomereze muri Uganda icishijwe i Kisoro kuzagera ku kibuga cy’indege cya Entebbe ibone kujyanwa iwabo.

Abo basirikare bishwe na M23 mu ntambara yabaye mu byumweru bibiri bishize, ibera i Goma.

Yaguyemo ndetse n’abasirikare batatu ba Malawi.

Malawi yaraye isabye ko abandi basirikare bayo bose bataha.

Muri Afurika y’Epfo ho bakomeje impaka zo kumenya impamvu yatumye bohereza abasirikare muri DRC mu nyungu za Ramaphosa aho kuba iz’igihugu.

Minisitiri w’ingabo n’umugaba mukuru wazo bombi basabwe n’inteko ishinga amategeko ko bagomba kwegura.

Ububanyi n’amahanga bumaze iminsi bukora uko bushoboye ngo intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwa DRC ihoshe.

Kuri uyu wa Gatandatu i Dar es Salaam hazabera inama ikomeye izahuza abayobozi muri EAC naho muri SADC ngo bafate ingamba zatuma ihosha mu buryo burambye.

Afurika Y’Epfo: Minisitiri W’Ingabo N’Umugaba Wazo Basabwe Kwegura

TAGGED:AbasirikareAfurikaEpfofeaturedIngaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Namibia Mu Bufatanye Bwo Kwita Ku Bagororwa
Next Article Rwanda: Abaganga Babaga Ni Bake Bwikube Icumi Ku Barwayi Babikeneye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?