Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Syria: Ubuzima Buri Gusubira Mu Buryo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Syria: Ubuzima Buri Gusubira Mu Buryo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 December 2024 12:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Syria ubuzima bwatangiye gusubira mu buryo nyuma y’uko inyeshyamba zifashe iki gihugu. Biri kuba gahoro gahoro nk’uko bagenzi bacu ba BBC bari yo babyemeza.

Bavuga ko abaturage b’iki gihugu bafite akanyamuneza ku mubiri wose.

Bamwe muri bo bavuga ko ubutegetsi bwa Assad bwari bwarabajujubije.

Minisitiri w’Intebe w’inzibacyuho wa Syria witwa Mohammed al-Bashir yavuze ko igihe kigeze ngo abaturage babeho neza batekanye.

Inyeshyamba zafashe Syria zatangaje ko zafashe umujyi wo Burasirazuba witwa Deir al-Zour.

Aba barwanyi b’aba Kurd bavuga ko bashaka ko Syria itekana, kandi umutungo w’iki gihugu ukarindwa.

Hagati aho Israel imaze iminsi irasa muri Syria igamije gukumira ko intwaro zijya mu biganza by’abagizi ba nabi.

Ubuvugizi bw’ingabo za Israel buvuga ko bumaze kurasa ibisasu 350.

Mu gihe ibintu byifashe bityo, Umuyobozi w’ikirenga wa Iran Ali Khamenei avuga ko Amerika na Israel ari bo bagize uruhare mu guhirika Bashir Assad.

Khamenei avuga ko ibyo bakoze bitazatuma igihugu cye gicika intege.

Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Uburusiya witwa Maria Zakharova yabwiye Radio Sputnik ko ibintu biri kubera muri Syria ari bibi cyane ariko ko Abarusiya bahaba bazakomeza kurindwa.

Ifoto: BBC

TAGGED:AbarwanyiIngaboIranSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uhagarariye u Rwanda Muri UN Yongeye Gushinja DRC Gukorana Na FDLR
Next Article Rwanda: Abikorera Nibo Barya Ruswa Kurusha Abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?