Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri...
Impinduka mu mikorere ya Twitter nyuma yo kugurwa n’umukire wa mbere ku isi, Elon Musk, zari gukora kuri benshi. Mu masaha make ashize, abakoreraga iki kigo...
Nta gihe kinini umukire wa mbere ku isi Elon Musk atangaje ko aguze Twitter. Icyakora hari bamwe batangiye kuva kuri Twitter kubera impamvu zitandukanye zirimo n’uko...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kiri ku rutonde rw’ibigo bya Leta biyihombya. Ibyo bigo uko ari WASAC, REG, UR, RRA n’Akarere ka Karongi, bimaze guhombya Leta...
Muri Mali hari abantu babiri bari barohererejweyo ngo bagarure kandi babumbatire amahoro mu kazi bahawe na UN ariko biswe barasiwe mu Majyaruguru y’iki gihugu. Bari abakozi...