Minisiteri ya Siporo n’Umuco yatangaje ko siporo yemewe mu Mujyi wa Kigali ari ikorerwa mu ngo ariko abashatse kuyikora ku giti cyabo bakayikorera mu midugudu yabo...
Abatuye muri Musanze bari babwiye Taarifa ko bishimiye ko nta hantu mu byemezo bya Cabinet hababwiraga ko bakomeza kuba bari mu ngo zabo saa 7h00 pm....
Kuri uyu wa Mbere twari twanditse inkuru ivuga ko abatuye i Musanze batakamba basaba ko Inama y’Abaminisitiri yabadohorera igakuraho ko bagomba kuba batashye saa moya. Iyi...
Kuri uyu wa Mbere tariki 04, Mutarama, 2021, mu masaha akuze Inama y’Abaminisitiri iraterana yongere isuzume uko icyorezo COVID-19 gihagaze mu Rwanda bityo ifate izindi ngamba....
Ubuyobozi bwa Komisiyo y’amatora mu Rwanda yatangaje ko italiki yari yaremejwe ko abifuza gutorerwa kujya muri Njyanama batangiraho kandidatire zo kujya muri Njyanama z’Uterere yigijwe imbere....