Mu ijambo yaraye agejeje ku Bakuru b’ibihugu, aba Guverinoma, abahanga muri Politiki n’abanyamakuru mpuzamahnga, Perezida Paul Kagame yavuze ko burya Demukarasi nyayo igomba kuba ishingiye ku...
Abantu barindwi baraye bafatiwe mu Karere ka Kamonyi bakekwaho kugira uruhare mu rugomo rumaze iminsi ruvugwa mu mirenge ya Rukoma na Ngamba. Mu Murenge wa Ngamba...
Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yaraye atangije ku mugaragaro ibarura rusange ry’abaturage. Ni icyemezo cya Politiki gifite byinshi kivuze ku buzima bw’igihugu kuko hashize iminsi igihugu...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko...
Mu kiganiro yahaye Radio Rwanda kuri uyu wa 21, Kanama, 2021 yavuze ko Umunyarwanda ari uw’igitinyiro, ko agomba kubahwa ntahohoterwe n’abayobozi. Ku rundi ruhande ariko ngo...