Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda no kurushaho gukomeza umurunga uyihuza n’abo, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage batishoboye inzu yabubakiye. Ni igikorwa cyakozwe mu Ntara...
Mu gihe ibiciro by’ibikomoka kuri Petelori bidasiba kuzamuka kubera ibibazo biri hirya no hino ku isi, muri Kicukiro no muri Nyarugenge hari abo Polisi iherutse gufata...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma y’ingendo yafatanyijemo...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe...
Abaturage b’imirenge ya Nyamugari na Mushikiri mu Karere ka Kirehe babwiye abagenzacyaha ba RIB ko imwe mu mpamvu zikurura amakimbirane hagati yabo ari izishingiye ku masambu....