Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza avuga ko burya iyo Imana ihaye umuntu ubuyobozi, hari icyo iba imutegerejeho. Ngo nta kindi kitari kuzana impinduka mu bo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buherutse gusaba ko ibyo guteza cyamunara y’umuryango ufite abana umunani(8) biba bihagaritswe kubera ko kuyiteza cyamurana byateza ibibazo kurushaho. Iyo nzu irazira...
Abagize itsinda ry’abagenzacyaha babwiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga ko n’ubwo bakwiye[abo baturage] guhabwa serivisi nziza ariko n’abo bagomba kujya bemera ibyemezo by’inzego...
Urukiko rukuru rw’i Yeruzalemu rwatangaje ko bitarenze Taliki 08, Ukuboza, 2022 abaturage bakomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo babayo mu buryo budakurikije amategeko kandi bakaba...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango umuturage yasanze hafi y’iwe hari ibisasu bibiri bya Grenades. Martin Habiyambere yasanze biriya bisasu hafi y’iwe ubwo yasiburaga...