Imibare ituruka Ouagadougou ivuga ko abarwanyi bishe abantu 33 babasanze mu murima. Burkina Faso iri mu bihugu byibasiwe n’abarwanyi bakora iterabwoba. Mu Ntara 13 zikigize, icyenda...
Imibare mishya yatangajwe kuri uyu wa Gatandatu taliki 13, Gicurasi, 2023 na Minisitiri ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi igaragaraza ko ku bantu 131 bari baratangajwe ko ari bahitanywe...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere...