Mu gihe mu nkiko z’u Rwanda hadasiba kwinjira amadosiye mashya, ku rundi ruhande ubutabera bw’u Rwanda bufite ibibazo birimo n’igabanuka rigaragara ry’abacamanza. Ubu babarirwa muri 318...
Urubanza rwa Nsabimana Callixte ‘Sankara’, Paul Rusesabagina na bagenzi babo rurasatira iherezo kuko Urukiko rw’Ubujurire ruzatangaza umwanzuro ntakuka ku wa 21 Werurwe 2022, saa tatu. Ni...