Ubushinjacyaha mu Ntara yitwa Nara yo mu Buyapani buvuga ko rwagati muri Mutarama, 2023 buzageza mu rukiko umugabo w’imyaka 42 witwa Yamagami bukurikiranyeho kwica uwahoze ari...
Tetsuya Yamagami ukurikiranyweho kwica uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yabwiye Polisi ko igitekerezo cyo kumwica cyamujemo nyuma y’uko idini Shinzo Abe yagize uruhare mu gushinga,...
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza akajyanwa kwa muganga, byarangiye Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe apfuye. Uwamurashe ni umugabo w’imyaka 41, amazina ye ni...
Nyuma yo kuraswa amasasu abiri mu gituza ubwo yagezaga ijambo ku baturage ababwira imigambi afite yo kuzajya muri Sena y’u Buyapani, amakuru atangazwa na CNN avuga...
Shinzo Abe wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani yarashwe n’umusore ubwo yagezaga ijambo ku baturage bari bateraniye ahitwa Nara. Ari kwiyamamariza kuzaba umusenateri muri iki gihugu...