Ubuvugizi bw’ingabo za Uganda buherutse gutangaza ko ubwo zageraga mu birindiro bikuru by’abarwanyi ba ADF biri ahitwa Kambi Ya Yua, zasanze bariya barwanyi barazinze utwabo bahasiga...
Mu ntangiriro z’Ukwakira, 2021 nibwo Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 13 yavugaga ko yafashe bari mu mugambi wo guturikiriza ibiturika mu nyubako ndende z’i Kigali....
Mu mwaka wa 1998 ibintu ntibyari byifashe neza namba muri Zaïre. Ni Repubulika ya Demukarasi ya Congo y’ubu. Muri uriya mwaka ibintu byaracikaga muri kiriya gihugu,...
Taarifa ifite amakuru avuga ko umugaba w’abarwanyi ba ADF witwa Musa Seka Baluku yaburiwe irengero. Aha ariko ntituramenya neza niba yarahitanywe n’ibitero by’indege za Uganda zimaze...
Birashoboka ko General Kayanja Muhanga uyoboye ingabo za Uganda zagiye kwirukana abarwanyi ba ADF muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo azaza mu bantu bazavugwa kenshi mu...