Ubwanditsi bwa Taarifa bwagiranye ikiganiro kihariye na Jean Pierre Nkuranga uherutse gutorerwa kuyobora Umuryango w’abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije Kaminuza witwa Groupe des Anciens Etudiants...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Mata, 2022 nibwo Dr Jacques Buhigiro waririmbye indirimbo zirimo Amafaranga, Agahinda karakanyagwa n’izindi ari bushyingurwe. Uyu musaza uri mu bahanzi...
Impanuka ya mbere umuntu ahura nayo kandi bikarangira imuhitanye ni ukuvuka. Ibi ni rusange ku bantu bose ariko ku bana bavuka bagasanga hari umwe mu babyeyi...
Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima,...
Ubu butumwa bwatanzwe na Joséphine Murebwayire Umuyobozi Mukuru wungirije wa AVEGA Agahozo ubwo yaganirizaga abakecuru b’incike za Jenoside yakorewe Abatutsi bahuriye mu Karere ka Kamonyi mu...