Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho Airtel Rwanda cyatangije uburyo bwo korerezanya amafaranga nta na rimwe rikaswe. Ni uburyo bise Ibanga Nta Rindi’. Pierre Kayitana ushinzwe Airtel Money...
Hari imwe mu migani y’Abanyarwanda y’urucantege ku bantu bashaka kwizigamira. Imwe muri yo ni iyi:’ Amavuta y’umugabo ni amuraye ku mubiri, Imbitsi ya cyane ibikira mukeba,...
Bwana Richard Mutabazi uyobora Akarere ka Bugesera avuga ko ikigo cy’itumanaho MTN gihemukira abakiliya bacyo kikabakata amafaranga bishyura cyangwa babikuza bakoresheje ikoranabuhanga. Mutabazi kuri Twitter yanditse...
Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo abasore babiri barimo uw’imyaka 27 n’uwa 25, bakekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Bafatiwe mu Murenge wa Buyoga ku Cyumweru....
Umugabo witwa Kamanzi Assiel ushinzwe ubutaka mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro arashinjwa n’abaturage kubaka ruswa kugira ngo bubake basenyerwa akabitakana. Gitifu w’Umurenge yamutangiye...