Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruraburira abaturage bishyura bakoresheje amakarita (visa cards) kubera ubujura busigaye bubakorerwa. Ni ubujura buterwa n’uko hari abantu babona imibare ikoreshwa na ba...
Muri iki gihe u Rwanda rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga mu bintu byose. Mu rwego rw’imari, ikoranabuhanga ryafashije abantu kugera kuri serivisi zaryo ku kigero kitegeze kibaho mu...
Umugabo wo mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Kanombe avuga ko abantu babiri bamuniganye Miliyoni 1.2 Frw yari ajyanye iwe ngo nibujya azigabana na bagenzi bo...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yabwiye itangazamakuru ko n’ubwo u Rwanda rugitumiza hanze ibyo rukenera ariko ngo icyuho hagati y’ibyo rutumiza n’ibyo rwohereza...
Banki y’u Rwanda yatangaje ko imibare y’ubukungu mu mwaka ushize w’ingengo y’imari yerekana ko ubukungu bwazamutseho 4.4% mu gihe umwaka ushize bwari bwazamutseho 2.3%. Iyi mibare...