Mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu hafatiwe abagabo babiri baroba amafi atakura. Polisi yabafatiye mu Kiyaga cya Kivu mu gice giherereye mu Murenge wa...
Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’amafi mu...
Dr Jeannne Nyirahabimana wigeze kuyobora Akarere ka Kicukiro ubu akaba ari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Intara y’i Burasirazuba, yashishikariza aborora amafi ko bagomba kubikora kinyamwuga bakagira umusaruro ufatika...
Mu Burasirazuba hari abarobyi b’amafi basaba Leta kubashyiriraho Nkunganire kugira ngo bashobore guhangana n’ibibazo biba mu bworozi bw’amafi. Banasaba ko Leta yabafasha guhangana naba rushimusi baza...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu...