Umwongereza witwa Ethan Vernon ukinira ikipe yitwa Soudal-QuickStep ni we utsindiye agace ka mbere ka Tour de Rwanda kavaga i Kigali kagana i Rwamagana. Kari agace...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana...
Yitwa Christopher Froome . Uyu mugabo yageze mu Rwanda mu gihe habura igihe gito ngo yitabire irushanwa mpuzamahanga ryo gutwara amagare ryitwa Tour du Rwanda rizatangira...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare yaraye ageze Libreville muri Gabon kwitabira isiganwa mpuzamahanga ryitwa La Tropicale Amissa Bongo. Riratangira kuri uyu wa...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY...