Byavugiwe mu muhango wo guhemba abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw’ibiribwa no mu mahoteli nyuma y’isuzuma ry’imikorere yayo. Bahawe ibyemezo bishimangira ko ibyo bakora byujuje amabwiriza y’ubuziranenge...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa...
CANAL+ Business, ishami rishinzwe ubucuruzi bw’ibigo binini bikorana CANAL+ ryashyize uburyo bunogeye abanyamahoteli n’ibindi bigo binini byifuza gukorana nayo muri iki gihe u Rwanda ruri kwakira...
Nyuma y’ifungurwa ry’imirimo myinshi mu Rwanda bijyanye n’icogora ry’icyorezo cya COVID-19, amahoteli avuga ko ibikorwa byayo bitangiye kuzahuka ariko ko akiremerewe n’inguzanyo nyinshi agomba kwishyura. Bijyanye...
Umuhanga mu by’ibidukikije n’ubukerarugendo wigisha muri Kaminuza y’amahoteli, ikoranabuhanga n’ubukerarugendo witwa Dr Tushabe avuga ko kuba gusura Pariki y’Ibirunga bisaba kwishyura $ 1500 ari byiza kuko birinda...