Mu myaka mike ishize, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima amasezerano yo gutanga amaraso. Muri uyu mujyo, kuri uyu wa Gatandatu taliki 29, Mata, 2023...
Amaraso nirwo rugingo izindi zikenera kugira ngo zigerweho n’intungamubiri zikeneye kugira ngo zikore kandi zikure. Ku rundi ruhande ariko, amaraso ubwayo ni urugingo rushobora no kurwara....
Amaraso ni urugingo rw’ingenzi rutuma n’izindi ngingo zigerwaho n’ibizitunga. Iyo umuntu akomeretse agatakaza amaraso menshi cyangwa umubyeyi uri kubyara bamubaze akagira ayo atakaza, akenera ko bamutera...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko mu nshingano z’abapolisi harimo no kurengera ubuzima bw’abarwayi kwa muganga, bigakorwa binyuze...
Dr Ron Adam uhagarariye Israel mu Rwanda aherutse guha amaraso Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gukusanya, kurinda no guha amaraso abayakeneye. Ni ku nshuro ya gatatu yari...