Umutwe w’Abadepite watoye umushinga w’Itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere y’Akarere, wakozwemo amavugurura arimo uburyo abagize inama Njyanama babonekamo, ari nabo batorwamo Komite Nyobozi y’Akarere. Ni umushinga wemejwe...
Mu ijambo Edgar Lungu yagejeje ku baturage biciye kuri Televiziyo y’igihugu, yavuze ko ari ngombwa kwemera ibyavuye mu Matora y’Umukuru w’Igihugu, hakabaho guhererekanya ubutegetsi mu mahoro....
Tariki 19, Nyakanga, 2017 Perezida Kagame yabwiye abaturage bari baje kumva uko yiyamamazaga ko mu myaka irindwi yatangiye nyuma y’amatora yabaye muri Kanama, 2021, ko Gari...
Imibare iri gutangazwa na Komisiyo y’amatora muri Zambia irerekana ko Bwana Hakainde Hichilema ari we uri imbere mu majwi amaze kubarurwa kugeza ubu. Ni nyuma y’uko...
Itangazo ryasohowe n’ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi muri Zambia ryitwa The Patriotic Front rivuga ko abayobozi babiri baryo bakuru barimo Jackson Kungo na Emmanuel Chihili bishwe....