Hasigaye igihe gito ngo abaturage ba Kenya batore uzabayobora. Abakandida babiri bakomeye biyamamariza uyu mwanya ni Raila Odinga na William Ruto wari usanzwe ari Visi Perezida...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda, Rwanda Private Sector Federation, butangaza ko muri manda bwaraye butorewe, buzibanda kwagura imikoranire na bagenzi babo bo mu...
Inyandiko ikubiyemo ubutumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagejeje ku Bafaransa abamenyesha imigambi afitiye igihugu cye nibongera kumutora, yavuze ko icyo ashaka ari uko u Bufaransa...
– Abafite Ph.D. ni babiri, 14 bafite Master’s, Bachelor’s ni 11 – Umuto afite imyaka 35, umukuru akagira 53 – Ba Meya 12 batorewe manda ya...
Mu rugo rwe ruherereye i Benghazi niho Gen Haftar yatangarije ko agiye gutangira kwiyamamariza kuyobora Libya mu matora ateganyijwe mu Ukuboza, 2021. Yavuze ko atabikoze agamije...