Minisiteri y’Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko mu mpunzi n’abashaka ubuhungiro basaga 600 bakiriwe bavuye muri Libya guhera mu mwaka wa 2019, abantu 462 bamaze kubona ibindi bihugu...
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama y’Ubumwe bwa Afurika (AU) ku kurwanya ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa, yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma batandukanye b’abagabo. Ni inama yiswe...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi...
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yababajwe n’icyemezo cya Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU) cyo kwemera Israel nk’umunyamuryango w’indorerezi, cyafashwe mu buryo budakwiriye ndetse abanyamuryango...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yakiriye icyiciro cya gatandatu cy’impunzi n’abashaka ubuhungiro baturutse muri Libya, bijyanye n’intego rwihaye yo kubakira by’agateganyo mu gihe hagishakwa ibihugu byabakira....