Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje Mutarama, 2023 yarangiye ibiciro by’ibicuruzwa muri rusange bizamutseho 2.1% ugereranyije n’uko umwaka wa 2022 warangiye byifashe. Kuri uyu wa...
Ubuyobozi bwa Banki ya Kiglai, BK Group, bwatangije ikigo bwise BK Foundation kigamije kongerera imbaraga gahunda za Leta mu burezi, guhanga udushya no kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero...
Impamvu ni uko uyu muntu aba afite akamaro kanini ku muryango we, ku bakozi be, ko banyamigabane mu kigo ayobora no ku gihugu muri rusange. Uko...