Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko...
Hari itsinda ry’abahanga mu buhinzi n’imitegurire y’ibiribwa n’ibinyobwa bihurije mu kiswe The African Food Fellowship bamaze iminsi baha amasomo Abanyarwanda ku mihingire n’imitekere iboneye hagamijwe kongerera...
Nyuma yo gutandukana n’umugore we Kim Kardashian, uwo akundanye nawe nyuma ye ntibitere kabiri, ubu umuraperi Kanye West yatakaje umufatanyabikorwa w’imena. Ni banki ya mbere ikomeye...
Dr. Diane Karusisi uyobora Banki ya Kigali yavuze ko ikigo ayoboye kiteguye kuzaha aborozi b’i Nyagatare imodoka izakorerwamo ibyo gupima amatungo. Ni imodoka wagereranya n’isuzumiro( laboratoire)...
Bisa n’aho byabaye korosora uwabyukaga ubwo Abanyarwanda bategekwaga kujya bishyura bakoresheje telefoni n’ubundi buryo bw’ikoranabuhanga hirindwa gukwirakwiza COVID-19. Ku ikubitiro benshi ntibabyumvaga ariko ubu( hafi nyuma...