Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyagobotse abacuruzi batanu bo mu Karere ka Rubavu, bagizweho ingaruka n’imitingito y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo yangije ibicuruzwa byabo. Ni abacuruzi batanu bishyura...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari...
Ikigo cy’Imisoro n’amahoro (RRA) cyatangaje ko nubwo hari mu bihe bigoye bya COVID-19, Intara y’Amajyepfo yatanze imisoro ya 44.5 Frw, irenza intego yari yahawe ku gipimo...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wasojwe ku wa 30 Kamena cyakusanyije miliyari 1643.3 Frw, kigera ku ntego cyari cyahawe ku gipimo cya...