Hari abatuye Umurenge wa Nyarugenge mu Karere ka Bugesera babwiye itangazamakuru ko inzara yabariye bahitamo gusuhukira mu Murenge baturanye wa Kamabuye kuhashaka akazi. Babwiye TV 1...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana avuga ko abagenzuzi ba UNESCO basanze urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rw’i Nyamata ari rwo rwerekana ubukana...
Abatuye Akarere ka Bugesera cyane cyane abo mu Mujyi wa Nyamata bavuga ko kuba nta gishushanyo mbonera gisobanura neza uko uwo mujyi ukwiye kubakwa, byadindije iterambere...
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama hateraniye abanyamuryango ba GAERG baturutse mu miryango yayo itandukanye baganira aho bageze biyubaka ndetse n’uruhare bagira mu kwimamaka...
Mu buryo bwiswe ko ari ‘agateganyo’, ubuyobozi bwa Sunrise bwahagaritse umutoza mukuru w’iyi ikipe witwa Seninga Innocent. Yahagarikanywe n’uwari umwungirije Bibaye nyuma y’ukoiyi kipe itsinzwe na...