Taarifa imaze igihe ikusanya amakuru yahawe n’abaturage bo mu Rwanda barangisha abana babo bajyanywe mu Butaliyani ari bato, bakaba baraheze yo. Hari n’andi makuru twahawe n’ababareze...
Ikigo Canal + gisanzwe gicuruza serivisi z’itumanaho harimo no gutanga amashusho kinjiye mu mushinga wo kurengera ibidukikije. Ni mucyo bise ‘Ukwezi Kumwe, Impamvu Imwe’ ( 1...
Igitekerezo cyo kubaka uruganda rw’inkingo mu Rwanda cyatangiye kuza mu mutwe w’abakorera uruganda Siemens rwo mu Budage mu mwaka wa 2018. Tariki 10, Ukwakira nibwo itsinda...
Perezida Paul Kagame yasuye aho u Rwanda rumukira ibyo rwakoze mu imurikagurisha mpuzamahanga iri kubera i Dubai muri Leta ziyunze z’Abarabu. Biri kumurikirwa mu imurikagurisha ryiswe...
Umuyobozi muri Minisiteri y’urubyiruko n’umuco ushinzwe guteza imbere umuco Aimable Twahirwa yasabye urubyiruko rwo mu Rwanda gutekeza imishinga bakayikore hanyuma Leta ifatanyije n’abafatanyabikorwa bayo ikabatera inkunga....