Ingabo z’u Buhinde zongerewe ku mupaka ubugabanya n’u Bushinwa. Ababonye ubwinshi bw’ingabo z’iki gihugu kuri uriya mupaka bavuga ko ari ubwa mbere hashyizwe abasirikare benshi kuri...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana ...
Jiang Zemin yategetse u Bushinwa mu bihe bwari butangiye urugendo rw’iterambere rukomeye mu by’ubukungu, yapfuye afite imyaka 96 y’amavuko. Apfuye mu gihe igihugu cye kigeze ku...
Mu kiganiro yahaye Televiziyo mpuzamahanga y’Abashinwa yitwa CGTN( China Global Television Network), Perezida Kagame yavuze ko mu ntego zose u Rwanda ruharanira kugeraho, rukora k’uburyo Umunyarwanda...
Perezida w’u Bushinwa yavuze ko igihe kigeze ngo ingabo ze zongere imyitozo, ibikoresho bigezweho n’ubuhanga mu kurwana intambara z’ubu ndetse n’izizaza. Xi Jinping avuga ko umutekano...