Huawei Rwanda( ishami ry’Ikigo Huawei cyo mu Bushinwa mu Mujyi wa Shenzhen) yatangije ihatana rya gihanga mu banyeshuri 10,000 bazi ikoranabuhanga muri Kaminuza zo mu Rwanda...
Kuba Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa ni ikintu bamwe bavuga ko kigiye gutuma u Bushinwa bukomeza kuba...
Mu buryo butunguranye kandi bwarogoye Inama y’abayobozi bakuru mu ishyaka riri k’ubutegetsi mu Bushinwa, Hu Jintao wigeze kuba Perezida w’iki gihugu yasohowe igitaraganya. Kumusohora byakozwe mu...
Abibwira ko u Bushinwa bwazibukiriye umugambi wabwo wo kwigarurira Taiwan baba bibeshya. Bitinde bitebuke bizarangira buyigaruriye kuko iyo usomye ukumva imigambi buyifitiye ubona ko bwamaramaje. Imbwirwaruhame...
Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo ze ziteguye kuzatabara Taiwan umunsi u Bushinwa bwayishojeho intambara. Ni amagambo ashobora kuza gukomeza kurakaza u Bushinwa bwari bumaranye igihe...