Tariki 29, Ugushyingo, 2021 i Dakar muri Senegal hatangiye Inama ihuza u Bushinwa n’Afurika, yitwa FOCAC. Ni inama iba buri myaka itatu, igamije kunoza umubano w’Afurika...
Leta y’u Bushinwa ihagarariwe na Ambasaderi wabwo mu Rwanda Hon Rao Hongwei yashyikirije u Rwanda inyubako ivuguruye y’Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC, rikorera i Musanze. Ni inyubako...
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko...
Kuri uyu wa Mbere tariki 08, Ugushingo, 2021 u Rwanda n’u Bushinwa byizihije ku mugaragaro isabukuru y’imyaka 50 ishize ibihugu byombi bifitanye umubano. Ni umubano ushingiye...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Abanyamerika gitanga serivisi z’itumanaho mu guhanahana amakuru kitwa Yahoo! cyatangaje ko gihagaritse burundu gukorera mu Bushinwa. Impamvu ni uko ngo Leta y’u Bushinwa ituma...