Umugabo wari ufungiye ubwicanyi, gucuruza no gukoresha ibiyobyabwenge yacitse gereza yo mu Butaliyani akoresheje amashuka yungikanyije. Uwatorotse yitwa Marco Raduano akaba yari asanzwe ari igikomerezwa...
Umugabo ukomoka mu Butaliyani witwa Edgardo Greco yafashwe na Polisi y’u Butaliyani ifatanyije na Polisi mpuzamahanga nyuma y’imyaka 16 yari amaze yihisha. Basanze ari umutetsi w’imigati...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa...
Polisi y’u Rwanda, RIB, Laboratwari y’u Rwanda y’Ibimenyetso bya gihanga byifashishwa mu butabera (RFL), Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera abaguzi (RICA),...
Mu rwego gushyira mu bikorwa umugani uvuga ko ‘ifuni ibagara ubucuti ari akarenge’, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yasuye ubuyobozi bukuru bwa...