Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihe cya Manda imwe, yaraye asohoye inyandiko yanditswe n’abamwunganira mu mategeko ivuga ko agiye kurega...
Ikoranabuhanga ryo gutahura isura y’umuntu bita Facial recognition ni bumwe mu buryo inzego z’umutekano zikoresha mu gutahura abagizi ba nabi. N’ubwo iki ubwacyo atari kibi, hari...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri...
Bwana Richard Austin Quest amaze iminsi runaka asuye ibyiza by’u Rwanda birimo inka z’Inyambo, gusura ingagi mu Birunga, gusura ingoro ndangamurage w’u Rwanda n’Urwibutso rwa Jenoside...
Uwo ni Richard Austin Quest. Yari aherutse gutangaza ko agiye gusura u Rwanda. Hari amafoto ari kuri Twitter yifotoreje hamwe mu hantu nyaburanga ho mu Birunga...