Mu Mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa ahasanzwe hagurirwa ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi kurusha ahandi ku isi, ubu hafunzwe mu rwego rwo gukumira ko abantu bakomeza kwanduzanya COVID-19....
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga yavuze ko inkingo za COVID-19 Abanyarwanda bahawe mu myaka ishize zisa n’izarangije igihe cyazo cyo gukora bityo...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatangarije Taarifa ko mu mezi atandatu cyungutse bwikube gatanu ugereranyije n’uko byari bimeze mu mezi atandatu y’umwaka ushize. Urwunguko rwa CIMERWA...
Itsinda rya Guverinoma y’u Rwanda riri i Lusaka muri Zambia ryaraye rishimishijwe no kumva ko u Rwanda rwatorewe kuba icyicaro cy’Ikigo nyafurika gishinzwe imiti. Iri tsinda...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko Abanyarwanda bagombye kwitwararira mu kwirinda COVID-19 kuko bicyekwa ko hari ubwandu bwayo bushya bwageze mu Rwanda. Minisitiri w’ubuzima Dr Ngamije Daniel yabwiye...