Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yahagaritse iteka rya Donald Trump yasimbuye, ryakumiraga muri Amerika ‘application’ zikunzwe cyane za TikTok na WeChat. Ni...
Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agiye gusubira ku mbuga nkoranyambaga, ariko kuri iyi nshuro azaba yashinze urubuga rwe bwite nk’uko...