Inteko ishinga amategeko umutwe w’Abadepite, kuri uyu wa Mbere irafata icyemezo ku busabe bwa Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, bwo kwimura gahunda yo kugezwaho na Minisitiri...
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amabwiriza ajyanye no gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19, aho mu Mujyi wa Kigali ibirori byose no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Ni...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko nyuma yo kwiyemeza gukingira COVID-19 abaturarwanda barengeje imyaka 12, abazakingirwa bageze kuri miliyoni 9 kandi bakazahabwa inkingo bitarenze umwaka...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange, AfCFTA. Kuri...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangaje ko abiga imyuga n’ubumenyingiro bagiye gushyirirwaho ibyiciro byisumbuye bya kaminuza, byiyongera ku gisanzwe gitanga impamyabumenyi y’icyiciro cya mbere cya kaminuza....