Mu Mujyi wa Kigali kuri iki Cyumweru Taliki ya 29 Mutarama, 2023 habereye isiganwa ku magare mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari wizihizwa buri taliki 01,...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY...
Hashize iminsi micye mu itangazamakuru havugwa ko Umunyarwanda wamamaye mu gutwara igare witwa Samuel Mugisha ‘yaburiwe irengero.’ Asanzwe akinira ikipe yo muri Afurika y’Epfo yitwa ProTouch...
Ubuyobozi bwa Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare, FERWACY, bwasabye abakora umukino w’amagare kwirinda gutegura amarushanwa batabanje kubumenyesha. Perezida wa FERWACY Bwana Abdallah Murenzi yabwiye Taarifa ko impamvu...
Ubwo yiyamamarizaga kongera kuyobora Federasiyo y’umukino wo gutwara amagare, Abdallah Murenzi yabwiye abari aho ko natsinda azakora uko ashoboye umukino w’amagare ugakomeza gutera imbere. Ati: “...