Mu Mujyi wa Kigali haraye hatangijwe imurikagurisha mpuzamahanga ryaherukaga mu mwaka wa 2019. Ubwo ryafungurwaga kuri uyu wa Kabiri, Polisi y’u Rwanda yasezeranyije abaryitabiriye umutekano usesuye....
Abanyarwanda barimo abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bakora mu byiciro byihariye batangiye gukingirwa COVID-19. Ni amakuru twakuye kuri bamwe mu bakora mu nzego z’ubuzima, ariko RBC...
Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police ( CP) John Bosco Kabera mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukuboza,...